REGENESIS BILBLE CHURCH

  • IMG_0811.CR3.jpg
  • IMG_8674.JPG
  • thruAug4th-19.jpg
  • thruAug4th-22.jpg
  • IMG_8802.JPG
  • thruAug4th-20.jpg
  • Regenesisnew1.jpg
  • Regenesisnew2.jpg

BURI WA GATANDATU

BURI WAMUNGU

Amasengesho

9:00 AM - 1:00 PM

 Imyitozo y'abaririmbyi

(Korali)

1:00 PM - 3:00 PM

 RUBI WAMUNGU 

Inyigisho z’abana

10:30 AM - 12:00 PM

 Amateraniro makuru 

1:00 PM - 3:30 PM

muhawe ikaze muri

Gahunda y'iteraniro 1:00 PM – 3:30 PM

Muhawe ikaze muri Regenesis Bible Church, ishengero ry’imico itandukanye rifise indimi 6 zivugwa n’abarigize, zikwiragiye mu karere ka Africa y’Ubuseruko. Ubutumwa n’itumanaho ryayo bikorwa mu ndimi zibiri gusa: Ikirundi/Ikinyarwanda n’igiswahili.  
Muratumiwe kwifatanya natwe muri uru rugendo rwo “kumenyekanisha Imana mu kurema abigishwa bahindurwa n’Imana kugira ngo bahindure isi.”  
Murushengero, dushaka gukomeza ubusabane mu buzima, guhindurwa mu buzima, kugira ngo dushobore kurangura neza intumbero yacu yo gukorera Imana n’isi.  
Ngwino uko uri, ube uw’Imana yakuremeye kuba, kugira ngo uje gukora itandukaniro ryiza mw’isi.   
Muhawe ikaze mwishengero ReGenesis Bible Church   

Ku cyumweru hari ishuri ryitabirwa n’amatorero yose ( central, Español na Regenesis) ku bana bo mumashure y’abana bato (Pre-K) gushika mu mwaka wa 12 w’amashure yisumbuye. Abana bahabwa ifunguro isaha 12:15 z’umuhingamo (12:15pm). Hari iteraniro ry'urubyiruko kuva saa 2:00 kugeza saa 3:30 za nyuma ya saa sita. Abana bafite amahirwe yo kuza gukorera Itorero no gukorera abantu baryo.  

Amasomo yacu yi Icyongereza nk'Ururimi rwa Kabiri yagenewe abantu bose bashaka kwiga Icyongereza, Buri kuwa Kane kuva sa 6:30 PM kugeza sa 8:15 PM. Ifunguro rya pizza ritangwa guhera saa 6:30 PM. hanyuma hagakurikiraho amasomo y'Icyongereza. Amasomo yo kwitegura ikizamini cy'Ubwenegihugu bwa Amerika (Citizenship) Atangira sa 6:00 PM kugeza 6:30 PM. 

INYIGISHO ZIRIKO ZIRAKURIKIRANA

Nta Gishobora Kubuza Ubutumwa Bwiza

Inyigisho zo mu Gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa

Mu gice cya kabiri cy’Igitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa, nta na kimwe gishobora kubuza Ubutumwa Bwiza gukwiragira. Nubwo habayeho kurwanywa, imibabaro, n’ibihe by’ukutamenya ibizakurikiraho, ubutumwa bwa Yesu Kristo bukomeza gukwirakwira nta kiburabuza.
Kristo wazutse, mu Mwuka Wera, aha imbaraga abizera basanzwe kugira bamamaze Izina rye bava mu mugi bajya mu wundi, bava mu bigeragezo bagana ku ntsinzi, kandi bava ku nkengero z’isi bagera no mu mutima w’isi.